Tariki ya 1 Gashyantare 2020, u Rwanda rwizihije Umunsi w’Intwari z’Igihugu, ku nshuro ya 26 hazirikanwa insanganyamatsiko igira iti: “Ubutwari mu...
NEWS
U RWANDA RWIZIHIJE UMUNSI W’INTWARI Z’IGIHUGU KU NSHURO YA 28
Tariki 1 Gashyantare buri mwaka, u Rwanda rwizihiza Umunsi Mukuru w’Intwari z’Igihugu, aho Abanyarwanda bari mu gihugu no muhanga bahurira ahantu...
Read more...TWESE TURI ABANYARWANDA” INTERO YABAYE INTANDARO YO KURASWA KW’ABANYESHURI B’I NYANGE
Ku mugoroba w’itariki 18 Werurwe 1997, abanyeshuri bigaga mu mwaka wa gatanu n’uwa gatandatu mu Ishuri ryisumbuye ry’i Nyange, batewe n’abacengezi...
Read more...UMUNSI W’INTWARI Z’IGIHUGU UREGEREJE, KUKI TWIZIHIZA UMUNSI W’INTWARI?
Umunsi w’Intwari z’igihugu wizihizwa tariki 1 Gashyantare uko umwaka utashye, kuri ubu harabura iminsi mike ngo uwo Munsi ugere, ibyinshi mu bikorwa...
MINISITIRI W’URUBYIRUKO N’UMUCO YASUYE URWEGO/CHENO
Kuri uyu wa kane tariki 5/12/2019, Nyakubahwa Minisitiri w’Urubyiruko n’Umuco Rosemary Mbabazi, yasuye Urwego rushinzwe Intwari z’Igihugu, Imidari...
Read more...URUBYIRUKO 168 RURI MURI GAHUNDA Y’INTORE MU BIRUHUKO RWASUYE IGICUMBI CY’INTWARI Z’IGIHUGU
Kuri uyu wa gatanu tariki 29/11/2019, urubyiruko 168 ruri mu kigero cy’imyaka 7 na 13 rwasuye Igicumbi cy’Intwari z’Igihugu i Remera rutoza umuco...
Read more...IMIRIMO YO KUBAKA IGICUMBI CY’INTWARI Z’IGIHUGU IRAKOMEJE
Mu rwego rwo kubungabunga amateka y’ubutwari, i Remera mu Karere ka Gasabo ahasanzwe Igicumbi cy’Intwari z’Igihugu hari kubakwa inzu ndangamateka...
Read more...IMYITEGURO Y’UMUNSI W’INTWARI Z’IGIHUGU 2020
Kuri uyu wa kane tariki 31 Ukwakira 2019, mu cyumba cy’inama cya Minisiteri ya Siporo n’Umuco habereye inama ya mbere yahuje abafatanyabikorwa...
Read more...URUBYIRUKO RWIMENYEREZA UMWUGA MURI “WILSON TOURS” RWASUYE IGICUMBI CY’INTWARI Z’IGIHUGU
None ku itariki 4/10/2019, urubyiruko rugera kuri 50 rwasuye Igicumbi cy’Intwari z’Igihugu i Remera rusobanurirwa amateka y’Intwari,...
Read more...UMUNSI MWIZA WO GUKUNDA IGIHUGU, 1 UKWAKIRA 2019
Itariki ya 1 Ukwakira 1990, mu mateka y’u Rwanda itwibutsa urugamba rwo kubohora Igihugu rwaranzwe n’indangagaciro zo “gukunda Igihugu” “n’ubwitange”...
Read more...